
Urugamba rwo mu bitekerezo
Turi mu ntambara. Intambara yacu si iyo kurwana n’abandi bantu ahubwo ni iyo kurwana na Satani n’abadayimoni be. Umwanzi wacu Satani agerageza kuturwanya akoresheje ingamba n’amayeri, binyuze mu migambi yizwe neza n’ubushukanyi bugambiriwe. Satani agerageza kubaka “ ibihome’’ mu mitekerereze yacu, akoresheje gahunda yizwe neza n’uburiganya bwo kubeshya. Igihome ni ahantu tuba dufungiwe (muri gereza) bitewe n’uburyo ubu n’ubu bw’imitekerereze.

Olutalo Lwa Mukama
Katonda ayagala tuleme kuba na kutya kwonna. Tayagala tubeere mu kikangabwa oba entiisa...
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Dukunze kumva abantu bavuga ngo “uriya muntu yavutse ari umuyobozi.”
TUVUGE TUTAZIGUYE KU GUCIKA INTEGE
Umurimo wa Yesu akiri ku isi, umuhamagaro we, dushobora ndetse kuvuga ngo “akazi ke” wari uwo kugenda genda hose, afite gusigwa k’Umwuka Wera, abatura abari batwajwe igitugu na Satani.
TUVUGE TUTAZIGUYE KU Guhagarika Umutima
Imana ifite akanya k'ibanga dushobora kwiberamo mu mahoro n'umutekano. Aho hantu h'ibanga ni ahantu h'amahoro no kunezererwa muri yo.